Imihanda mishya, abana bo mu muhanda, amabandi, impumuro mbi ku baturage | Ingamba za Meya wa Kigali
Imihanda mishya, abana bo mu muhanda, amabandi, impumuro mbi ku baturage | Ingamba za Meya wa Kigali
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@jacquesmugesera7399 Says:
Gusa turi kugana heza rwose
@jacquesmugesera7399 Says:
Umuriro wo nibindi bindi kbsa
@Saad2020-n7x Says:
Hari igice cyitabamo kaburimbo gikora kumihanda ibiri. Aho bita kwa gisimba nyakabanda ugana ahahoze isoko ryanyamirambo
@Saad2020-n7x Says:
Isuku turasaba kugabanyirizwa ibiciro kubikoresho byisuku cyane ibyisuku yumubiri
@HABIMANAJACKSON-k4n Says:
I MUSAVE/BUMBOGO/ GASABO dufite ikibazo cyamashanyarazi makeya acikagurika , uzi kugira umuriro murugo ariko buri munsi ukagenda 18h00 ukagaruka saa 22h00, ntacyo uba ukumariye uretse gusharija telephone gusa nabwo kumanywa
@KAVAHD Says:
Please Please... Mumihanda mushyira imbere munibuke KG 20 Avenue. Imaze imyaka isaga 10 iri mucyizere cyo gukorwa. Urangikirika ukanangiza ibinyabiziga. Kandi ukozwe wakunganira cyane umuhanda wa Kimironko-Zindiro
@SKH-x8y Says:
Birakwiye ko Km 10 zubakwa mu mezi 30 koko? Muge namwe mushyiramo agatege. Gusenya byonyine bigiye gutwara amezi 4 ngo uzatangira kubakwa mu kwa 2 wagirango hari iminsi ibura. Niba mwubaka mwihutishe ibintu nta hantu rwose km 10 zatwaye imyaka 2.5 wapi ubwo se mwazagera he? Ikindi mwashyize igishushanyo cy'uriya muhanda hanze tukakimenya ni ubwiru?
@twizerejulienne2731 Says:
Ifatanga rikomeje gutakaza agaciro kubera ubuswa bwa meya. Gutegeka abantu gutesha agaciro ubutaka😂😂
@twizerejulienne2731 Says:
😂 ecofleet yananiwe gutanga umusaruro.
@louisiranzi Says:
Nyamuneka KAREMBURE mutugereho ivumbi riratwishe
@techrwanda8287 Says:
Abanyamahanga bavuga ko abanyarwanda banuka plz mubibitse no koga ka perfume ntigahenda pee
@KumanaJeandeDieu Says:
Natwe gahanga kagasa mudutunganyirize igice cyahariwe inganda. hamwe numuhanda doreko mwamaze kwishyura abaturage kumuhanda ikamyo zizajye zihanyura neza.murakoze.
@hamadanzeyimana7488 Says:
Mugomba gomba gukora za investment uko akarere ka kwinjiza frw mwisanduku kwubaka za parking 🅿 mushake ahantu hagati mu mujyi mwubake parking zigerekeranye abantu bajye bazikoresha ikindi muzatwubakire shopping center nini nziza kuburyo izaba symbol ya kigali city irimo ibintu byose bikenerwa abantu basohokeramo
@UmuhozaChanny-z7p Says:
Ibisambo byo nikibazo peee
@EmmaEunice-f6t Says:
Ikibazo cy amazi n umuriro mur kigali cyo nibindi bindi😢.
@yisabriel Says:
Ahubwo ibintu bunengwa mu gihugu cyacu n''uko toilettes zikoreshwa mu nyubako z'ibyubako zibucuruzi kuba zishyuzwa nibibi kuko hari umuntu ushohora gukubwa nta mafaranga afite cyangwa umunyamamahanga wadusuye adafite ibiceri hafi byo kwishyura ubwiherero
@ByagatondaFrank-v7s Says:
Usobanura ibintu neza ❤ nababandi batumva neza ubuyobozi bw'Urwanda wowe ntaho babona bahera bagutuka 😢 kuko urasobanura ibintu uzi bambe. Keep it up muyobozi
@ByagatondaFrank-v7s Says:
Ndagukunda gusa 😢 abanyamugi niwowe twaridukeneye
@UwitonzePamela-g3d Says:
Amazi yo nikibazo gikomeye,ni gute umujyi ubura amazi koko
@elanvitalstudios5496 Says:
Uwaba bwira isuku nke iba muri za bus na imodoka rusange tugenda mo?? no one cares to tell , gusa boza inyuma gusa intebe zabo ziheruka amazi muruganda, ikindi bus zinjya muntara cyane cyane zibamo nibinyenzi zimwe zibamo ibiheri, umwenda uza usa nu ubururu ukageraho ugasa n'umukara. ninde ushinzwe isuku muri public bus?
@alexisgasirabo4559 Says:
Hari ibyo maze kwiheba ko bitazakemuka nkikibazo cy’amazi ya WASAC gusa byibura nibadukorere aho dushyira umwanda kuko kumihanda mumugi byarashaje ahenshi ntanubwo wabona aho uta agacupa
@egidekarinijabo1923 Says:
Mwiriwe neza muzatubarize mayar umuhanda wa giticyoni _nzove nyabyondo icyo batwijeje ni kaburimbo
@YoutuberYoutube-b9f Says:
amazi kimisagara ahagera rimwe (1) mu minsi ine(4) imagine hamwe na hamwe ariko ahandi arahari

More News Videos