Ababitse ibibanza muri Kigali kababayeho || Ubuyobozi bwahagurukiye abari gutuma bihenda
Ababitse ibibanza muri Kigali kababayeho || Ubuyobozi bwahagurukiye abari gutuma bihenda
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@SmartTVofficl Says:
Ariko ntimukabeshye, mwatwimye ibyangombwa ngo twubake, none ngo ngwiki
@nibagwirejosephine6784 Says:
Nimworohereze abantu babone uko bubaka nkubu urajya gusaba icyangomba warakiguze muri Site bati twasabye Modification mu mujyi wa Kigali ntibirakunda ubundi muhe ububasha abahagarariye amasite bakemure ibibazo birimo umuturage abone icyangombwa cye yubake
@jacquesmugesera7399 Says:
Rwose mubihagurukire kuko abakire benshi babika ubitaka wabaza banyirabwo ugasanga nubwumunti 1 wumuherwe rero mubikurane kuko abantu babuze ibibamza kdi ugasanga ahantu hose bihari
@niyokuneshazawadi2327 Says:
Ariko rwose bayobozi mujye mureka kutujurajuza , ni gute naba narafashe inguzanyo ya Bank y' imyaka 5 nkemera kubanza kuyishyura kugira ngo nzabashe gufata indi nguzanyo yo kubaka. Wowe waryama ukarota ugiye gutanga ikibanza umuntu yaruhiye imyaka 5 atarya atanywa yiziritse umukanda . Nukuri pe mujye mushishoza mutazatuma abaturage tubihirwa n'ubuyobozi bw' igihugu Kandi twagikundaga. Wowe urabona uhembwa million ukibwira Yuko abantu Bose bayihembwa? Mujye mutekereza Yuko Hari nabahembwa 100k ku kwezi Kandi nabo nabanyarwanda. Ntimugakine mubikomeye...!
@OmegaSpice-i6u Says:
They asked you to come and see (and invest). Now they are going to rob you 😂
@poto-61 Says:
Umugi wa Kigali, mwahereye ku bibanza bya BNR biri ku Rebero
@pndabarasa2280 Says:
Njye ndabona aho kwaka umuturage ubutaka atubatse bitewe n'amikoro macye, ahubwo hakwiriye gushirwaho politiki yo Guhuza Umushoramari n’Umuturage ufite ubutaka ariko adafite ubushobozi bwo kubaka aho umushoramari akorana amasezerano na nyirubutaka ku buryo umushoramari ashobora kubaka amazu cyangwa appartements ku butaka bw’umuturage, maze akagenera nyir’ubutaka imwe mu nyungu zituruka ku mushinga. Urugero kumugenera nka appartment imwe cyangwa ebyiri nkinyungu ikomoka kubutaka yatanze. Naho kwaka umuturage ubutaka ngo nuko butubatswe muba mwirengagije ubushobozi bwabanyarwanda. Ikindi kandi hari igihe umuturage agura ubutaka afite amafranga yo kubaka ariko akarere kakamubuza kwubaka bitewe no gutinda gukata sites no kwemeza igishushanyi mbonera. Aho rero iyo bigenze gutyo usanga yamafranga yari yarateganirijwe kubaka ashirwa mubindi nkuko mubizi amafranga ntabikwa igihe kirekire. So gufata icyemezo cyo kumwambura ubutaka bugahabwa abandi jye mbona habamwo akarengane. Mubyigeho neza.
@kwihanganajeanpierre3867 Says:
Uziko ibibanza byari bihenze kurusha amazu mukate amasites mutange ibyangombwa vuba kurusha gukereza services musabwa
@TK-jj9tc Says:
Uzi ko umuntu afata ideni ry'imyaka 5-7 kugira ngo abone icyo kibanza muvuga ko muzahita mugiha ushoboye kucyubaka? Yarangiza kwishyura akongera agafata irindi ry'imyaka 10 kugira ngo yubake? Ofcourse harimo nabari muri spoeculation nkuko ubivuga. Ariko se nibo benshi? Ese leta koko niba ihangayikishijwe na better land use yahereye kuri ariya mashyamba ari hafi y'inyubako ya RURA mu mugi rwagati?
@TK-jj9tc Says:
Umuyobozi nkunze kubona yitaye ku by'abaturage ni PK gusa. Abandi hari ubwo tuyoberwa uwo bakorera. Njya ngira ubwoba, umunsi President yahugiye mu bindi. Dushobora kuzabyuka umuyobozi umwe yafashe icyemezo kidusubiza kuri 0 twese, yakoresheje power ahabwa n'itegeko nabi. Mujya mwibuka ibyapa byo kumuhanda bya 40? Gutinda kudeclara umusoro wa 5K ugacibwa amande ya 100K, mwibuka ibiciro by'ingendo RURA yigeze gukuba 2 muri COVID abantu bakayoberwa? Mujya mubyibuka? N'ibi ndabona ariho biganisha.
@NewAI-t7d Says:
Nonese ubu Kigali yose yubakwe muri 2027 kdi twubake ibijyanye na Masterplan ya 2050. Ubundi se ayomafranga go kubaka umujyi yavahe ko Economy yigihugu iri limited. Amfra yose najya mukubaka abantu bazarya iki?
@Beta-n3u Says:
Mu bikorwaremezo bya site mujye mushyiramo aho muzahuriza amazi azivamo hamwe akorerwe recyclage akoreshwe ibindi.ibintu byo gucukura ibyobo bifata amazi kunzu byateza akaga
@Beta-n3u Says:
Ndumva itegeko rikwiye kureba ikibanza nyiracyo amaranye imyaka irenga 5 kuko dusaba inguzanyo ya Bank tukayishyura mu myaka 5 tukabona gusaba indi yo kucyubaka.
@duniya-x8d Says:
Nge ayange narayankwereye ntakibazo cybutaka nfite
@christinetwagirumukiza751 Says:
Ariko rwose mwagiye mukoresha ikinyarwanda kitavanze n'indimi z'amahanga
@christinetwagirumukiza751 Says:
Ariko rwose mwagiye mukoresha ikinyarwanda kitavanze n'indimi z'amahanga
@muhizijeanclaude1263 Says:
@%0:
@Gandhi_RW Says:
Nyakubahwa muyobozi kugura ubutaka sibyo bitera speculation. Speculation ibaho kubera ubukungu bufite ikibazo- utakora business kubera ko utinya guhomba, nta purchasing power, ugahitamo kuyabika muri real estate kuko yo ntihomba kandi ni ku isi hose. Uravuze ngo ibibanza birahenda? Nimudakata sites ahubwo demand y'ibibanza iraruta supply noneho bihende kurushaho. 😂 Aba bantu bize he ariko? Ikindi nyakubahwa muyobozi, ntabwo uyu munsi Kigali yabyuka guzuye amazu, ibibanza byose byubatse. 😂 Ubu se bakubaka inzu zimeze zite ukurikije GDP per capita dufite? Bakubaka izizasenywa n'ubundi mu myaka mike iri imbere. Ubu aka kanya murashaka ko Kigali yuzura ama etages? Mu buhe bushobozi? Ahubwo ibyo bibanza birbishwemo ubusitani kandi bisore, naho kubaka umujyi ni gake gake paaapaaa... Uwo bihenda nubundi biramuhenda nyine. Ni itegeko gutura i Kigali?? 😂
@Runigababisha948 Says:
“Turahumeka nibo baduha umwuka” the most stupid sentence I’ve ever heard 😅
@mugihegikwiye Says:
Nta mpuhwe mugirira abantu ubwo ni ubusambo twarabamenye
@businessinreality1608 Says:
Ntabwo mushoboye management ya Physical plans kuko ama Site yari yaragabanije akajagari mu mujyi wa Kgl kandi naho Site mwaziciye ntabwo hari za ruhurura kuburyo amazi atera abaturage urugero Busanza na Karama mu Murenge wa Kanombe . Mbona mugihe mwamaze ku approval ibyo bibanza byagatangiye gusora,kuburyo umuturage yagurisha kuruta gukomeza kwishyura imisoro. Ikindi mukareba abantu bafite ibibanza byinshi bakaganirizwa cg mubufatanye n'Akarere hagaherezwa investors bubaka estates.
@elmagicofurani50 Says:
Ikiza Njyewe numvisemo nuko mugiye guhagarika abakata naa site bya hato na hato buri munsi …. Biriya birabangama cyn kuko bihereza aba client bacu options nyinshi ,,, urakimwima aka kugura muyindi site ark nimuhagarika gukura ama site …. Twebwe tubitse ibyacu turabihenda cyn hhhh nawo ibyo ku nforcing kubaka byo sinzi ibbyo urimo bwana muyobozi …. Nushaka ko nubaka uzampe nubushobozi bwo kubikora … kugurisha sinzigera ngurisha ntabishaka Ngaho uzaza ubitange urebe ko tuzagarukira hafi
@murekatetebelina7098 Says:
Ese tuzatura ntiduhinge
@Gaga-2020 Says:
Carbon credit!!!!
@irbenfx Says:
Diaspora, we're cooked 😂
@ChantalNikuze-k7y7z Says:
Ziba wa ngahi we
@BetinoNgabire Says:
Bayobozi bacu mubitekereze neza kuko muramutse mudakase ama Site byateza akajagari mumyubakire Kandi nibyangombwa byo kubaka ntago mwabitanga kuko ntabikorwa remezo bihari
@turatsinzevalens8602 Says:
Hanyuma mu kigarama ho
@twizerejulienne2731 Says:
Ecofleet yatweretse urwego umugi wa Kigali nta bayobozi bawurimo.😂😂😂😂😂 Mwegure kuko ntimushoboye bwana
@twizerejulienne2731 Says:
Ntiahakagira abirushya bagira inama ubuyobozi bw'umugi kuko ntacyo bahindura ubwo iyo niyo mbyino igezweho.
@twizerejulienne2731 Says:
Ndumiwe pe, ibi bizagira ingaruka nk'izo muro 2008 . Supply na demand ntayo bize.😂😂😂😂😂. PhD za Online zidukozeho.
@mkt5748 Says:
Ubutaka bwo guturaho buhenda kuko mwemerera abanyamahanga kugura ubutaka kandi bitateza n'igihugu imbere
@ami5742 Says:
Nimworohereze rero abantu kubaka no kubona ibyangombwa mureke ibintu nkibyo
@VVNCENTTV-fo7de Says:
Uko nukubuza uburenganzira bwabaturage ( babyita kubogama) umuntu wese yagakwiye kugura cg kugurisha bitaba agahato rwose!
@jeandedieumunezero6079 Says:
Ibyo uvuga niko bimeze rwose. Nanjye nguze ubutaka ntago nategereza.
@ngirimanadamas3260 Says:
Mwasize kubaka imbere inzara yishe abaturage ahahingwaga muhashyira amazu
@jboscoigiraneza9864 Says:
Uburundi turakwiye kubigirako canecane mugusigaza aho kurima
@Equinoxafrica-fy2qz Says:
Ubutaka njye nasanze arubutaka
@nadinenana2194 Says:
Ntago aribyo ariko. Mubitekerezeho neza mbere Yuko mwanzura
@Iamblessed94 Says:
Ntimukajye muburabuza abantu ngo nuko muri abayobozi! Ubu nafashe inguzanyo ngura ikibanza ngo najye ndi kwiteganyiriza ndakora nishyura nkemera nkicwa ninzara singura umwenda ngo nse nkabandi none ngo twubake ibibanza twaguze koko!!?? Ubuse nijye wanze kubaka ariko se mugihe ntarabona ubwo bushobozi ni gute mutegeka abantu ibyo badashoboye? Ntimugakabye kbsa hato mutazatuma urubyiruko tuba ibyihebe nkibindi bihugu namwe muzi!
@OG-pu9gf Says:
❤❤❤
@TuyisengeJack-z3o Says:
inzarabl iratwishe
@jacksontuyikunde9226 Says:
Ariko byakagobye kuba byiza gutandukanya abagirisha nabashaka kubaka. Umunyarwanda wafashe inguzanyo akagura ubutaka ngazubake azubaka ate inguzanyo yo kubugura itaragira aho igera kuko agomba kubaho?
@habaruremajeanclaude5867 Says:
Ko Ntacyintu Twumva, ko Ntacyo Dukuramo Mumakuru Muri Kuduga,
@RurangwaJeanclaude Says:
Gukoresha ubutaka icyo bwagenewe n'itegeko abantu ntibarabimenya!!
@ww.c.Oneinfo Says:
Ese iriyamihanda mushyira muri physical plan itagendwa wagirango ni project mwasubitse sibiri mubituma ibyo bibanza bitubakwa ahubwo.
@Nkundacash Says:
Guhera mu mwaka wa 2003 kubutaka twabweguriye Leta binyuze kugikumwe! None umuntu akifata ngo kubutaka bwanjye nzabukoresha icyo nshaka, akiyibagiza ko yabutanze ubu akaba abukodesha n'uwo yabuhaye! Leta ubu ifite uburenganzira busesuye k'ubutaka IBUGENERA icyo ishaka umuturage akabyubahiriza uko biteganijwe n'amategeko nta mpaka kuko niyo itureberera. Naho umuturage impamvu ZOSE yazana kuri iyi ngingo ntashingiro yaba afite.
@Umurava1 Says:
Ahubwo leta nidufashe ubutaka buri hirya nohino budakoreshwa bwikubiwe namadini hamwe nabakire ntibubyarire rubanda rugufi umumaro rwose leta nibishyiremo imbaraga hubakwe amashuri cyangwa ibitaro Thx.
@ruzimabonieck6908 Says:
Bakabaye bareka umuntu ufite ikibanza 1 cg 2 kuko ndumva uwo aba atabangamye, ubuse nk'umuntu uba hanze ukisunganya ngo azaze yubake mu muburijemo!
@Knaan-_250 Says:
Well said

More News Videos