Bite by'umushahara fatizo mu Rwanda? || Minisitiri w'Intebe yavuze igikenewe
Bite by'umushahara fatizo mu Rwanda? || Minisitiri w'Intebe yavuze igikenewe
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@IracyampaPhoibie Says:
Ese ko Hahembwa umushahara uri Hejuru abakozi babafasha aribo bavunika cyane ubwo mudufashije iki kd ku isoko uko bihagaze murabona ko byatumbagiye cyane? Aba bayobozi bo barahembwa neza niyo mpamvu ntawutuvuganira bo bahagaze neza
@felixndanda1825 Says:
Mutuvuganire pee
@felixndanda1825 Says:
Mwiriwe neza Hari Ama Restaurant Yurije kuri za menu zabo ark umukozi we niyojyezwe
@ismaelmbarushimana8423 Says:
Ibi bintu hakenewe abahanga bo kubyiga kuko uko abatware babisobanura ntakintu kiba kirimo. bikwiye kuba nkuko bikorwa za Europe n'amerika. Niba umuntu akora akazi akorera angahe? ukodesha inzu ni angahe ni inzu imeze ite?
@kenny-123-q7o Says:
Uwariye ntamenya uwaburaye
@yarambainnocentyarambainno1251 Says:
courage mucuti wanjye
@mukizachristophe7568 Says:
umuntu ujya ku kazi ateze imodoka yakoreshaga 1000 ubu ni 2000 naho uwa tegeshaga 3000 ubu ni 5000 ibi ntibisaba calculations nyinshi ubu abakozi ni bafashwe bahawe mitation cg bakorere online uretse nko mu buvuzi bitakunda .Ntabwo guhaha ibiribwa aricyo kibazo abakozi ba leta bafite cyonyine.Niyo mpamvu bisaba ko byihutirwa bidategereje iyo mishinga minini.
@claudettelibinyange23 Says:
Umuntu utaburara ntiwamubaza uko 😢o inzara iryana.muri make nimwiturize kuko muhembwa neza kuba tubayeho nabi n'abana bacu biga nine years ntacyo bibabwiye abanyu biga amashuri meza 😢😢😢😢😢😢
@SergeMunezero Says:
Ibihano biravuza ubuhuha yaba ariyo mpamvu,ibintu mukira abaturage sibyo,mugabanye imisoro kumuturage
@SergeMunezero Says:
Mugende murikunda gusa,kuki wahemvwa arenga 500000, undi ukamuhemba 200000 bafute nivo imwe urunva aribyo
@JeanClaudeMuhayimana-ur5xc Says:
Ok
@thierrynsengiyumva5584 Says:
Ubundi ubu ikigezweho, muri capitalism countries abantu bakabaye bahembwa hagendewe kugihe bakoresheje.
@soundengineerlivemusic6848 Says:
Wow umushara
@UkwimanaishakaDerefina Says:
Kd bakora nimitima igakora
@UkwimanaishakaDerefina Says:
Kd bakora nimitima igakora
@UkwimanaishakaDerefina Says:
Ese ko mwirengagiza abasirikare koko
@tobi-Mivumbi Says:
Hashyirweho umushahara fatizo no kongera umusaruro nabyo bijyane
@blaisebizimana2062 Says:
Nyakubahwa PM, ntabwo rwose iki kibazo wacyumvise or umenya utanakizi. Nyakubahwa nakwibutsaga ko itegeko ubu tugenderaho riteganya umushahara fatizo wa 100Frw. Aha rero, Leta niyo ibwirwa. Ikwiriye gusohora itegeko rishya. Iyi ibyo bibabaye nibyo bigenda uko umushahara wazamuka.
@alphonsengarambe4276 Says:
Minimum wage: umushara fatizo irakenewe : 1. Gitekerezo ministry w'intebe 2. Qatar , Europe, Singapore, USA Canada Australia babigenje bate kombona doctor mubamufite ariho zikomoka mwigayo ibiki? 3.abayobozi bahembesha igitiyo mubagabanyirije payslips 4. Ndibaza mufate statistics yabantu Bazi umwuga wose baze mubahe igishoro nubwo bagitwara Zambia ,benni , Liberia, Costa Rica, Gabon nta condition kuri credit mwaha abantu CRB Reta nikore kuburyo 6 000.000 zabaturage yabujije kubona nurutoboye bshombejwe na COVID + nibibazo byababyumvikanyweha na Bank 4. Twibazeko muburyo bwogufasha buri murenge : wose mutumire abanyarwanda Bose bafite imishinga itanga akazi bagane Bank reta yatubwira tuzane imishinga itanga kuva2-1000 workers Bank zitange financial bangaje abantu Bazi ibya projects bakurikirane abobazanye imishinga buri karere bakire imishinga1000 *33 districts Bizafasha Nigute umuntu yijyana Sadec mumwaka akagura inzu ya 150.000.000 frw murwanda atakwikorera akaganda : kubushera + umutobe incubation yinkoko
@blairrobert975 Says:
It's simple minimum wage izatuma abantu bahembwa macye babura akazi. Urugero ntabwo wazongera gukoresha umukozi wo murugo.
@jeanclaudem8428 Says:
Uyu aveho ryose abantu inzara irabishe none ngo umusaruro bivuzeko abakozi ibyo bakora ntamusaruro batanga mbega ntacyo bamaze! Nkibaza ngo ese akora cyane kuruta abandi we kahembwa neza nabanabe bakaba ntawuburara.
@AHISHAKIYEThierry Says:
Ikindi Kandi uriya muntu uri munteko uri kuvuganira abahembwa make yambare nurukweto bambaye,arebe umu papa uhembwa 120k agatabga mineruvari yabana 3 buri umwe amutangira 90k buri gihembwe,nawe akeneye kurya no kwambara no kwishyura ubukode bwaho aba,ikigeretse kuri ibyo,umunani we wakabaye umwunganira muri Ibyo iwabo barawugurishije kugira ngo bamutangire mineruvari ngo abashe kwiga nawe azibesheho.😮😮😮
@NIREREMediatrice-c4q Says:
Thanks again 🎉🎉
@AHISHAKIYEThierry Says:
The higher the price,the lower is quantity consumed and vece versa. Ibi bintu biragaragaza ko uko ibiciro kwisoko bikomeje kuzamuka ubushobozi bwo guhaha bwo bukomeje kugabanuka Kandi ibi tubihuje numushahara ukomeza kuguma uko uri bisobanuye ko igicuruzea umukozi yari afite ubushobozi bwo guhaha mumwaka umwe atacyibufite muwukirikiyeho.umukozi wa leta Kandi ntahandi akura ubushobozi kuko umwanya we wose awumara mukazi ka leta. Mubusanzwe Kandi nkuko isomo rigena iyo cost of production izamutse nibiciro byibicuruzwa birazamuks, bityo umucuruzi cg rwiyemeza mirimo agakoneza kubona propolutional income bigendabye nuko cost of production yazamutse. Kubwibi rero uko ubushobozi bwo guhaha buzajomeza kugenda bugabanuka ninako ba rwiyemeza mirimo bazaporoducing utuntu duke, GDP Igabanukenizindi ngaruka zitandukanye tutanirengagije ko abakozi bashobora gucika leta bakajya kwikorera.
@MPH-pt2nf Says:
Tumaze igihe rwose dufite ba PM b'abahanga. PM Dr Edouard Ngirente yasobanuraga ibintu ukanyurwa. None na PM Dr Justin arasobanura ibintu ukumva rwose ko ari Economist udashakisha.
@NshimiyimanaEmmanuel-s2z Says:
Igisubizo ntabwo cyitunyuze rwose ibintu birazamuka usibye umushahara, icyibazo ni uwakabaye akuvugira arahembwa neza
@ndikuryayosostene6186 Says:
Nonese nyakubahwa nakubaza iyo abicumi ubahemba inticantikize urumvabyo bimaziki??
@GICACAIIPRIMARYSCHOOL Says:
Ariko bazagennye Imishahara mumadorari ko aricyo cyafasha abakozi guhangana nibiciro biri kwisoko
@sugiranyembo7794 Says:
Kandi reports zose mutangaza zerekana ko umusaruro wiyongeye. 😂😂 SMIG yarabananiye burundu
@gilbertnyirishema2760 Says:
Sha nabuze icyo nkuramo pee
@EvaristeMANIRAGUHA Says:
nkunganire muhere kubarimu babigishije
@subconsciousmind-o3i Says:
minister abantu ubwira ibyo bintu barize wibeshya
@subconsciousmind-o3i Says:
minister wibeshya economically icyo sikibazo cyatuma employers birukana abakozi
@subconsciousmind-o3i Says:
minister wibeshya economically icyo sikibazo cyatuma employers birukana abakozi
@NsengiyumvaJmv-c1d Says:
Ibintu byose byarazamutse uretse imishahara nambere yabakobwa😢
@lioncyamatare Says:
Ariko impamvu uri kurengera Rwiyemezamirimo nuko mubakozi bareta abeshi ari barweyemeza mirimo byabangiraho ingaruka rero. Ubundi igihe abakozi bareta baretse ubucuruzi izi sentiment zizashira. mushyireho umusharafatizo as policy, barweyemeza mirimo bo muzashake izindi opportunities kuko kuvuga ko bamwe bagomba gupfa ngo abandi babeho sinzi. Mugomba guhora murema ibisubizo nikokszi kanyu (entrepreneurs opportunities equal employees opportunities). Big up to build our community
@BIRASOHOYE Says:
Kbs ikibazo kiza pe mutuvuganire
@mugaberobert2503 Says:
Capitalism in motion
@umulisajoselyne2391 Says:
Muhembwa neza biragoye kumenya abahembwa macye
@adamsrealtor Says:
Alot of stories..
@mugiranezadarausi8672 Says:
Urugero ngomuntu uhebwa 150k 250k yahaha akakodesha inzu amashuri yabana biba bigoranye mubikoze ikitwa ruswa yoko yabuze kwabigenza yavaho Pe kuko harigihe abayobozi babura kobabigenza bakisanga bariye ruswa umushara muto ibintu bihenda
@mugiranezadarausi8672 Says:
Muraho mwatubarije ministry wintebe kuberiki abakozi bareta iyo bintu bizamutse batagira icyo bongera ho kuko nikibazo abashuri huhaha biba bigoranye Murakoze
@tuyisengetheogeneakimu6879 Says:
Abatangara iyo bumvishye imishahara itazamuka nibiciro birihanze aha Munyihere aka like😂
@tuyisengetheogeneakimu6879 Says:
Ese Umugabo ukorera Leta Ahembwa 50-80k Afite Umwana umwe wiga day school Yishyurinzu Yishyura amazi nu muriro Arya burimusi akambara Adafite ikindi kintu akora Ubwo iyo ba minister babishizwe babirebye bumva uwomuryango ubayeho gute? Ibi nukwikunda kbx Ubwose communication ya Moyor nangahe?????????????
@murangirajoachim8474 Says:
Ahubwo yahisemo kwamamariza Scovia gusa
@muhirewilson7715 Says:
Ariko niba umuyobozi uri kurwego rwa PM atavugira abaturage ayoboye nibura bigere Kuri Nyakubahwa , tuzavugirwa nande Koko ? Birababaje peeee! ubu Koko impinduka ziri kw'isi ntizigaragaza.
@DominiqueMugabo Says:
Nyakubahwa minister arabisobanuye neza cne gusa mbere nambere hacyenewe kuzamura ubushobozi bwumuturage wohasi kugira asoreshwe bijyanye nibyo yinjije no kongera ibyo dukorera iwacu n'umusoro kubyinjira ukagabanwa barwiyemeza mirimo bakiyongera bagahatana
@tuyisengetheogeneakimu6879 Says:
Nje mbona impamvu imishahara yabakoziba Leta izazamurwa nuko abakayizamuye bro barahembwa kandi ayobahembwa simeshyikuribo ariko avamo ibikenerwa numuryango. Mugihe abirirwa basaba kwongeza bo byabayobeye. Urugero Guhera kuri bagitifu bimirenge barihejuru ya over 300k Mugihe abarimusiyahongaho barimuri under 100k. Muri force guhera kuri SP Ahembwa hejuru ya over300k Mugihe musi ya SP Ahembwa musi 100k. Nomuzindi nzego nuko. None c urumva arinde uza ugira abobato ?????????????????????????????????????????????¿??¿¿¿????¿¿
@Zeitung-s9k Says:
Kombona ari kuvugira Abakoresha?
@mumatabaiwacu Says:
Ni mwongere abaganga batwitaho kuko depression iratumara, umuntu mumuhaye umushahara utageze kubihumbi 100k mwongeyeho kumuha akazi kure yaho atuye,ataye umuryango we, azajya kuwusura,azacumbika aho agiye,azigaburira, anagaburire umuryango we ubwo murumva bidateye ubwoba???, niba muhaye umuntu akazi kuki muta mwegereza aho aba cg mukazamura umushahara mumuha? Ndatunga akatoki abantu bakora kwamuganga buriya mubitaho Koko?

More News Videos