Ese za ngegera n'ibigarasha n'interahamwe ziri mu mahanga ko ntumva zikoma Ra? U Rwanda ruraregeye n'abasigaye batarava ku izima wa mugani wa Sankara nabagiraninama yo kuyoboka.keep it up our nation Rwanda 🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼
@JeanMarietec Says:
Couvez z' imbwa bro,
@JeanMarietec Says:
Ahaho ndemeye pe
@BUKOMBEPAUL Says:
Ibikorwa ni byiza kandi turanabishima ariko ducyeneye ko byajya bikorerwa mu Rwanda kandi bigakorwa n'abana b'abanyarwanda kuko kugeza ubu ubushobozi turabufite. kuko iterambere mu byumutekano rigomba kuba ridashingiye kubakozwe n'abanyamahanga kuko ayo ma miliyari abitangwaho yagirira umumaro abanyagihugu no mubindi bikorwa by'iterambere mu gihugu ndetse n'umutekano wabyo muri rusange.
YOUTUBE COMMENTS