Mureke bene ngango.uko suri zinyerezwa niko imitungo itikira hanyuma rubanda rugufi tukirya tukimara ngo turasora duha big fishes.PAC SE yo kuki itatubwira ibyagarujwe? Ni mwirire tuzajya tubagaburira sh.
@Rwandacrafttv Says:
Kdi ruswa no kunyereza ibya rubanda nibidahanirwa seriously, ibyo turimo byose ni ukwibeshya
@mitarilaurent1552 Says:
Bongera kumpa isoko bakampagata nzana ino nguru
@mitarilaurent1552 Says:
Kdi njye nsindira isoko rikenda kumeza umwuka
@mitarilaurent1552 Says:
Mbega ibisambo
@gilbertntakananirimana4339 Says:
Amafaranga no hatari?
Ese ubwo habura na mike yafashe😊
@NdayisabaMupenzi Says:
Sha iyi migano yumiye mubifu
@jeanpierrerugira6922 Says:
Ibise kubihariraho bimara iki ko birangirira aho! Ibyo mubyihorere
@sammuelsemanyenzi4278 Says:
Se ubu hakenewe imigano kurenza amasaka? 😂😂😂😂
@ynwa3281 Says:
Ikuma yose se
@karangwatimothe1835 Says:
Imigani ikunda kuma rwose ibyo avuga nibyo kandi iyo yumye barayitashya bakayicana. Inama ni ugutera mu kwa Cyenda
@OG-pu9gf Says:
Nuguca imico mibi rwose abantu bashoboye barahari turi million hafi 17 nta gap ntibakadindize imigambi myiza y'igihugu
YOUTUBE COMMENTS