Gufungwa imyaka itanu|| Iby'imirimo nsimburagifungo|| Impaka zikomeye mu rubanza rwa DJ Toxxyk
Gufungwa imyaka itanu|| Iby'imirimo nsimburagifungo|| Impaka zikomeye mu rubanza rwa DJ Toxxyk
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@COVID19-q6y Says:
Ahubwo harebwe nimba nta Ruswa Yabayemo kuko abantu twese twari twumiwe pe , ntabwo byimvikana uburyo usinda ukanica umupolisi Hanyuma ukarekurwa kuriya !!
@DependablePartner Says:
Yagonze umuntu
@AnaisIshimwe12 Says:
IMANA imworohereze.
@SanoAkim-m6c Says:
Nimutamuhana Imana izamurindira Imuhane niyo igira Ubutabera butari nkubwo bwanyu bubogama
@SanoAkim-m6c Says:
Ariko urukiko rwamufunguye buriya ntirwabonagako baturwaje imitima kwica umupolisi wasinze, ugatoroka, bakagufatana ibiyobyabwenge bikomeye urumogi na cocaine byose akabyemera mwarangiza mukamurekura kweri no no 🙂‍↔️ ngo asubikirwe amezi6 oyaaaa bikosorwe niba ntaruswa ibirimo cg akarengane ngo yasabye imbabazi umuryango naho ibiyobyabwenge se byo ntategeko ribihanira cg abantu ntibareshya no mumategeko nabyo mubitubwire nabyo tubimenye
@IngabireJoe Says:
Ahubwo numiwe numvise ko bamufunguye ruswa ntizacitse Ahubwo zikorwa mwibanga rikomeye ubuse ariwe na djihad ninde wakoze ikosa rikomeye😢 we se ko atarikuburan arihanze
@MusafiriElyse Says:
Reka iyo mbwa bayijuririre uwo yishe ubu yarabose but RIP Our hero MUSHABE
@AliceNiyiguha Says:
Naba na toxic we azakomeza. Abeho nubwo yaba. Imyaka 10 year
@Eli-Afrishine Says:
Mbega Dj Tox
@user-pv4ti2sr2b Says:
We need fair justice for him, Impanuka ntago iteguza kandi icyizakwica ntaho kinjya that police guy ubwo niryo ryari igare rye, 5 years is too much kumuntu utari wabigambiriye!
@DanielNiyoniringira Says:
Ntimukazane amarangamutima mubutabera uwoyishe ntiyarakeneye ubuzima? Ubundi yahungiraga iki amaze kumugonga? Harukuntu umuntu habamo amarangamutima kumuntu ufite izina rinini.
@nines7690 Says:
Nimureke kwisuzuguza,gute yica umuntu akarekurwa ,abandi mubafunga mwanabasenyeye Amashure yabo,murakabije peee
@kassimhakizimana3811 Says:
Akaruta akandi karakamira
@iteddyofficial Says:
Bongere bajurire nkinshuro 100 paka burundu
@JeanDamourBagaza Says:
Iki cyana iyo bagifunga 10 ubuse undi mwana kagonze ntiyari kuzagirira akamaro ababyeyi be
@NitwaMucyaba Says:
Byonyine gutwara wasinze warangiza ukica umupolice waraye mukazi muta sangiye. Ibyaha biramuhama. Ahubwo ni zaruswa zabarenze.
@NitwaMucyaba Says:
Ariko zaruswa ziba murwanda nigute umuntu ahamwa nibyaha birimo nubwicanyi watangiza ukamurekura dafunzwe nukwezi kumwe. Kandi Djihad bakamufunga azira amashusho atafashe.
@Ndoba250 Says:
Umujyinga agonze umu police uri kukazi mumuhanda, akamwica mwarangiza mukazana ubugoryi ahongaho? Uziko wagirango Police wapfuye ntabwo yakoreraga Leta? Ese muziko nta Family yagiraga? Njyewe bagufunguye nakwishakira sha
@theophileniringiyimana-y4f Says:
Ariko rero reta ige igerageza ishyiremo imiyaga kd amategeko turayubaha ariko umuntu bajye bareba kumyitwarire umuntu asanganwe kd ikindi mwibukeko impanuka ntamuntu uyitegura
@NsabimanaJeanpierre-m9y Says:
Bamuhane uwo murezi, abere abandi isomo
@alicekayihura3845 Says:
Ariko bamuretse akitahira bashingire nyine ko:1 atari yabigambiriye,2 yasabye imbabazi umuryango wumupolisi ukazimuha,3 yaburanye yemera ibyaha. Imana imufashe.
@mboningabajeanbosco444 Says:
❤❤❤❤
@kwizerapaul3096 Says:
Umuco wokudahana uragatsindya muRwanda
@BigBoyPofficial Says:
Ufite ubwenge bwe we ntararayo 3 😂😂😂
@bankyolusegun3716 Says:
Ahubwo bamukatiye imyaka mikeya rwose
@kwizerapaul3096 Says:
Mukuri uriyamuryango wuriyamu Police rwose babone ubutabera tuzi bwuRwanda kunywa amayoga ukica umuntu ntuhanwe?ntasomo ririmo mukuri
@kwizerapaul3096 Says:
Mwumvengo.twese twarumiwe uburyo yafunguwe

More News Videos