Kuki imihanda y'u Rwanda isazira imyaka 20? |Dufite imihanda myiza muri Afurika| RTDA muri PAC
Kuki imihanda y'u Rwanda isazira imyaka 20? |Dufite imihanda myiza muri Afurika| RTDA muri PAC
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@AimableSIBOMANA-u5e3w Says:
Uyumuyobozi arabesha peee,imihanda yomucyaro ntimara 1year
@jeandamascenendorimana4881 Says:
Nonese iyo mukora umuhanda ntabwo muba muziko umuhanda uzana iterambere ubwose icyo nikibazo cg nigisubizo ? Ark nigute twisanze ahahantu koko ?
@jeandamascenendorimana4881 Says:
Uyumugabo yarakwiye gufungwa kuko iyimikino ahoramo abanyarwanda twarayirambiwe.
@m_rwema Says:
Above 90%!!! That's a big lie and a terrible lair. We forgive you.
@ShemaLionel Says:
Baduhe imihanda myishi , igihugu cyacu cyigomba kugira imihanda cyose
@jeanbaptistedushimiyimana8386 Says:
Hhhhhhh ariko uyu muyobozi arasetsa rwose!! Uziko wagirango muba mu ijuru, imihanda Hari isazira amezi 6, umwaka none imyaka 20 ibaye ikibazo? Tuyifite byibuze byaba aramahirwe.
@NganizijeandeDieu Says:
Ntw gishinwa kiba original.
@NganizijeandeDieu Says:
Imihanda ni imishinww nyine nka terefone zabo
@Rwinga Says:
Nibyo rwose, dignité imihanda yubatswe gihanga. Ahandi ntimara imyaka itanu. Drainage Nziza, compactage ihagije. Naho rwose kabirimbo ikoreshwa mu Rwanda ni ngo bigatuma imihanda idahenda Kandi ikarama. Ubundi imihanda irengeje imyaka 15 yose iba iramye, iy'u Rwanda ni 20. Mukomereze aho. Gusa ikibazo ni Uko yubakwa n'abashinwa, amafaranga akigira muri Aziya aho kuguma mu Rwanda
@NdazigaruyeAnastase Says:
Bazaar bareke umuhanda wa mumanze kinigi bisate usaziye ibiri2
@MunezeroJohn-wc5zs Says:
Mubindi bihugu usanga umuhanda umara imyaka 80
@manigabesamuel9351 Says:
Ahubwo n'imyaka 3 ntijya igeramo ku kijyanye n'imihanda byo cyane cyane mu ntara barahasondeka pe
@Allymihigo Says:
Muri africa arabeshya barasondeka imihanda

More News Videos