Bibaye byiza,imbaraga zigiye gushyirwa mu cyongereza zashyirwa no mu rurimi rw'Ikinyarwanda nk'ururimi rwacu kuko ruragenda rwangirika ku buryo bubabaje cyane.
@patrickniyonkuru1171 Says:
Nyakubahwa Mwakoze akazi keza ko kongera Bus mumugi wa Kigali ariko izi zebra crossing nazo zituma Abanyamaguru bagirana isano yabugufi nibinyabiziga bigatumaTraffic ⛔ jam yiyongera hakaba na jeunne circulation Mwadufasha mugashyiraho ibiraro bifasha Abanyamaguru kwambuka umuhanda.
Ikindi kibazo umuhanda Nyabugogo -giti cyinyoni-kamonyi hahora traffic ⛔ jam mudufashije mwakivugutira umuti Murakoze.
@NzabandoraAlphonse-w2x Says:
None, Zimbabwe niyo izi icyongereza kurisha?
@felicienhabiyambere6014 Says:
Hazirukanwe utazi ikinyarwanda naho urimi rw'abazungu kuruzira ni ubukoroni
@seraphinemukamugenga6091 Says:
Ndumva mushaka guteza imbere abarimu bo mu bindi bihugu kandi abanyanyarwanda bakazira kutamenya ururimi batavukiyemo kandi baranarwize nabi!
@murindangabojacques Says:
Transiport ho nubu haracyari ikibazo rwose pe ikintu cyo kwicara muri bus gikwiye kwigwaho.
Ujya muri bus saa yone(10:00)
Imodoka igahaguruka saa tanu n'igice saa sita (11:30,12:00)
Abashoferi baba bavugako imodoka igomba guhaguruka yuzuye.
Byumwihariko gare yo mu mujyi.
@TwagirimanaJeanMariviane Says:
😂😂 kukise muzazana abanyamahanga niba hari abanyarwanda bakizi neza mwabazanye ,bivuzeko nta munyarwanda uzi icyongereza?
@TwagirimanaJeanMariviane Says:
😂😂 kukise muzazana abanyamahanga niba hari abanyarwanda bakizi neza mwabazanye ,bivuzeko nta munyarwanda uzi icyongereza?
@UfiteyezuNaome-r9s Says:
Abo uzazanase ugirango bo Aho bari ntibaguseka iyo English uvuga nururimi rwabo gakondo urashaka guhombya abanyarwanda ariko ubundi uturutsehe? Uzi examin umuntu ABA yarakoze???!!! Wari wumva abaganga basubiranamo buriya munsi mwarimu ntamajwemo mumuha ariko wowe turagusengera tu
Akantu ko kwirukana mwarimu Imana ikumve kuko byaba ari akarengane kuzira isomo rimwe gusa ari ururimi rutari gakondo
@twambazimanacelerine7997 Says:
Muzazane abarimu bihariye bo kwigisha icyongereza gusa bakizi neza mureke guhutaza abarimu babigishije mukaba muri ba ministre
@NYIRANSABIMANAODETTE-r4q Says:
Hari na ba minister tubona H E avugako bakeneye amahugurwa mukinyarwanda kandi ikibazo kindimi amakosa ari hose. Niki kiganiro nacyo kirimo ibibazo
Ahubwo niba byapanzwe batahe ntamananiza
@nyirahabimanasolange Says:
Nukur p ibyo bintu bizagerweho bigenzurwe kuko har abakoz benshi barengana p!No mu ma company y'umutekano azagereyo
YOUTUBE COMMENTS