Nibyiza imyenda irakorwa . Ariko aba bakozi bahembwa ubusa kbs 40k namwe mubwire muriyi kgl.
@KiraboPeace-xb8rw Says:
Narimbakumbuye pe najye nanyuze mumaboko yanye mwanyigishije neza
@oliviermuvandimwe9404 Says:
Akantu k’irerero karanyemeje cyane! Uko ni nako inganda nyinshi zo mu bihugu byateye imbere zikora. Nibaza ko ibi bitagombera kuba mu nganda gusa, ahubwo byagombye no gukorwa mu bigo bya Leta byose. Ibyo byaba ari intambwe ikomeye.
Urugero, tekereza abakozi bakorera ikigo runaka, tuvuge nk’ikigo B. Iki kigo gifite irerero ry’abana. Umukozi wese ufite umwana muto ashobora kumuzana ku kazi, akamusiga muri ryo rerero, we agakomeza akazi ke nta nkomyi. Nimugoroba, ataha ahita afata umwana we, byose bikagenda neza.
Ibi byafasha cyane mu guteza imbere ireme ry’uburezi ry’abana bato, bidateje umutwaro Leta kandi bitanaremereye ababyeyi ku giti cyabo. Byakuraho kandi ubusumbane bukigaragara hagati y’amashuri ya Leta n’ayigenga mu bijyanye no gutanga uburezi bufite ireme mu Rwanda.
@AngelaKanyange Says:
Biratangaje ko nta bayawanda bayigondera
@UmulisaMurekerisoni Says:
Ndabakunda cyane😂 Ariko ntawuvuka rimwe ngo yuzure ingombyi. Ariko kugera kuri Christian Dior nibaza ko hari urugendo rurerure
@emilia53164 Says:
happy to see that Many young rwandans are working do develop their country, we want more factories 😮😮😮
YOUTUBE COMMENTS