Imana niba ireba ibibera ku isi ndahamya ko ishobora kuba hari bamwe ireba ikabona barushwa imitekerereze ni fi yo mu mazi,Ifi niyo utega urushundura rukayihusha ikagaruka hataracamo nisecond!hata hivyo,ngo bajya mu bundi buzima! hanyuma ubwo babagamo bataraza ku isi se ni ubuhe ko bumva ko baje ku isi harubundi bavuyemo ndi leta nahababaza batabisobonura neza nkabafunga.
YOUTUBE COMMENTS