Ikoreshwa rya satellite muri Kigali no kuvugurura utujagari|| Meya Dusengiyumva yabisobanuye
Ikoreshwa rya satellite muri Kigali no kuvugurura utujagari|| Meya Dusengiyumva yabisobanuye
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@peacemakermanishimwe6906 Says:
Ahubwose bateye ibiti biribwa mucyimbo cy'ibiti by'umurimbo gusa? Muzabitekerezeho mubitamgeho inama.
@mugishanananaisa_0 Says:
Mujye mwubaka inzu mushaka ariko musenyera abakene muzazisiga mwambwamwe 😢haturemo abana Bacu Toka
@ukwezi9588 Says:
None simwe mutuma akajagari kubakwa kuberiki nko muri mageragere ahenshi mwañze kuhashyira mumiturire none dukore iki
@claudineu4286 Says:
Nyakubahwa mujye mu dusenyerwa MWA tubariye imitungo twari dufite iba Yara tuvunnye 2023 Nyabisindu twasenyewe mutabyitayeho kugeza ubu tubayeho nabi nta bukode muduha niyo nzu muvuga izatangwa ingana gute mutabanje kureba AGACIRO ka amazu twari dufite😢
@MakeNarcisse Says:
Ndibaza irivugurura Ryu mugi wa kigali mu kubaka amazu meza Kandi murigahunda ye mewe mu ntara bizagerayo ryari konaho iryo terambere turikeneye ndatanga urugero mu karere ka Musanze ho ubuyobozi ba bitekerezaho iki kugirango ako kajagari mihihe bizaza hatazabimpaka kubijanye nimi turire mudusubize
@MuhirwaEmmanuel-c9c Says:
Nkabantu bubatse ahanyujiwe umuhanda ,bakawufunga Burundi uwo muhanda uzafungurwa bigenze gute
@HagumimanaDaniel-vd2lc Says:
Ni byiza rwose,mwatubwi umushinga wo kubaka green city Kinyinya aho ugeze?
@mukersheri9583 Says:
Agace gato kari muri KICUKIRO Umurenge wa KICUKIRO,Umudugudu w'UMUNYINYA,Akagari ka GASHARU,mwatwimye umuhanda wa kabulimbo,ntituzi impanvu! Murakoze muzatwibuke.
@NyirarugangoVestine Says:
Murakoze mwafasha n,abandi basenyewe batarazibona kubona aho gutura
@laparole8072 Says:
Banyakwubahwa Bayobozi, dufite ikibazo cy'abajya munzu bakodesheje ariko kwishyura ntibabyubahirize! Kandi umuntu aba yafashe loan! Mudufashe kbs hajyeho ingamba, kubona na WASSAC batayishyura ! Mudufashe!
@niyomugaboseth9918 Says:
Izi nzu kuyegukana ni angahe
@SmartMedia250 Says:
Abanyamakuru mwigaye kabisa, kwambika umuyobozi mic zingana uko nkaho mutazi ahagurirwa mic zagenewe bene izi interview???
@MUSENGIMANAEMMANUEL-e7v Says:
Ibyo nibyo ariko gusaba icyangombwa bya mutation y,abaguze turi kurira .
@emilia53164 Says:
nizereko mwubaka n'amazu y'abantu b'amikoro make 😮 Kuko nta mujyi utagira abakene. gusa bakwiye kubakirwa amazu ajyanye n'amikoro make
@emilia53164 Says:
noneho abakene turajya hehe? 😮😮😮
@josephmboni5167 Says:
ARIKO IMBARAGA NYINSHI KO ZIJYA MUGUKUMIRA KUBAKA KURUTA KOROHEREZA ABATURAGE KUBONA INZU ZABO BIYUBAKIYE. AHANTU HABA HARI MUMITURIRE ARIKO UGASANGA NTA PHYSICAL PLAN IHARI NO KUYITANGA BIGATINDA CYANE
@NtagungiraARemy Says:
ikibazo ibyo muvuga kuri za camera bitandukanye nibyo tubona mu bikorwa.ibyo rero biha icyuho abanenga.
@bikambabagirishasimeon9243 Says:
Kigali n'umugi wabagabo kbsa

More News Videos