Rugaju stop being unprofessional by being a nice speaker mumitoma ipfuye!uri kubwira knowless ko ntarugero yarebeyoho nibindi uri kuvuga byiza kuri we nkaho umuzi nyuma yo guhura na Clément gusa,reka tubirebe muri ubu buryo..
Ntago umuntu kuba yakora amakosa bivuze ko ari ikintu kibi kuko benshi niho bigira ninaho bahinduka byanyabyo kuko baba baramenye ko urundi ruhande ntakiza kiriyo,
rero tugarutse kuri Knowless amakosa na saga yabigaragayemo yabivuzweho,inzoga ubusinzi kugwa kuri stage ndetse nibindi byatera impugenge ababyeyi bicyo gihe kuba umwana wabo yari kujya mumuzik,ariko nyuma yibyo yaje kwimenya no gusobanukirwa afata umurongo runaka urambuye hamwe na Clément ariko suko bivuze ko uwo ureba mumaso yawe ariko yamye ameze,
Ari mu bakobwa icyogihe bakorwagaho inkuru ziteye ubwoba don’t be blind!
Kandi niba koko mushaka kugira ibiganiro bye impact cyane abantu mukuremo makeup nyinshi mushyira kubatumirwa bantu agirango uri kwamamaza!birageraho ikiganiro kigata sense!
Kuko nkikibazo nyacyo wakabajije Clément ni..kubera iki bigaragara ko batagiye kwegera camera cyane murino minsi?kuki aribwo bibutse ko ibiganiro cg izi mbuga zifite icyo zimaze,aho iyo style yabo yo kwicalma bagakorera ibintu byose behind scenes ntiyaba itakiri gucuruza?
bakaba nabo bazisanga bari gutwika??kuko ibintu byarahindutse iyo biba kera nawe ntiwari kuba wicaranye nabo bombi aho!! Hubwo bafungure Kina Music channel otherwise something is moving from their hands and maybe it’s too late for them to catch up!
Be professional and ask genuine questions,rekera gutaka no kumera nkumuhake ntacyo ubagomba and with such questions don’t except people to be much interested nibiganiro byanyu malgre setup nziza mufite 🙏🏿
@nayiturikibrigitte6434 Says:
Thanks guys for this conversation ❤❤
@umwizanadia6722 Says:
❤❤❤❤❤❤
@ntarindwarenatha92 Says:
Mwakoze cyane ! Iki kiganiro nagikurikiye parties zombi. Thank you so much
@IrakozeVestine-sq4ht Says:
Cyakoze Rugaju my brother urabaza nkagukunda❤
@fabiolamurekatete2220 Says:
Ongera ho ko harubwo yazaga kwiga yitwaye mu modoka muri secondary
@NIREREPatience Says:
❤❤❤❤❤
@MoniqueKAGABO Says:
Nkunze iki kiganiro😍
@patricedushimimana6996 Says:
Reagan burya azi kuganira kuriyi level. Keep it up brothers
@Timothéemahirwe Says:
Muhindure intebe Clement yarushe nutwo dutebe ababibonye mumpe like
@Timothéemahirwe Says:
Muhindure intebe Clement yarushe nutwo dutebe ababibonye mumpe like
@Timothéemahirwe Says:
Muhindure intebe Clement yarushe nutwo dutebe ababibonye mumpe like
@Timothéemahirwe Says:
Muhindure intebe Clement yarushe nutwo dutebe ababibonye mumpe like
Uyu muhungu ngo ni Rugaju ibi bintu arabizi peee!
Keep the pace my brothers (Faustin, Rugaju & Osee)
@MarieClaireUMUTONI-f2l Says:
Team Rugaju mwakoze umuti Pe muzanye couple nkunda one-day nzabatamo❤❤❤❤
@kubwimanadjasmine1802 Says:
Faustin ndagukunda kbx noneho unafana the ben Mana yange ❤❤❤
@kubwimanadjasmine1802 Says:
Mana nkunda Clement na Knowless pe baratujeeeeee nukuri Imana izakomeza ibubakire❤❤❤
@kubwimanadjasmine1802 Says:
Umbwirire cya Bruce melody kijye cyubaha the ben ❤
@kamarizadiane4559 Says:
My fav couple❤🎉 knowless&Clement❤🎉
@inklinkmedia Says:
How is this Sports club 😂😂☺️🤣 but I loved and enjoyed the show anyways. Good job guyz.
@KelliaUwase-z8p Says:
Rugaju reagan ndakwemera cyane ❤❤❤
@KAPEGINORAH-e8z Says:
🥰🥰🥰🥰hano sinzahava 🥰🥰😂😂😂
@Kigaliclock Says:
Ubundi sinzi ukuntu YADUCITSE IDUCA MURIHUMYE BUTERA KNOWLESS YARAFASHE MUSIC INDUSTRY YO MURI EAC SINZI UKUNTU YATUJABUTSE KURI LEAVE YAGIZE ITAGEZE NO KU MWAKA. GUSA BUTERA UMUNSI UMWE AZAFATA AFRICA
@NtakirutimanaJeandeDieu-lr1mn Says:
Muzane The Ben family 2:23:36
@NtakirutimanaJeandeDieu-lr1mn Says:
Kbs this fire
@yeahgaming12345 Says:
Nibyo Rihanna ni Messi kbs bari natural
@IRAGUHAAline-c5y4p Says:
Knowless on the top
@IRAGUHAAline-c5y4p Says:
❤❤❤
@Kigaliclock Says:
Butera Knowless wange ❤❤❤❤❤
@blodaeblus9345 Says:
Ariko ndatangaye peeeeeee
Kuba nkunda:
-Knowless
-Israel Mbonyi
-Rugaju Reagan
N.B:None Reagan akaba ananakunda Knowless pe! ndumiwe
Beza banjye nukuli
Muhabwe umugisha na Kristo
❤❤❤❤❤
Rugaju urambabaje cyane gutanga urugero ngo ugasanga wahuye na bujeniya nkurugero rwumukobwa mubi Kandi mama wanjye ariko yitwa,😢😢😢
@Steven_100pandaman Says:
Biraryoshye pe keep it up 👍
@zamdairadukunda9100 Says:
Harya Sabin yanditse iyihe Title
Hhhhhhhhhh
@MunezeroJosiane-t8w Says:
Twakomj2
@UwayezuSolange-t3c Says:
Murakoze kubwa part 2
@YamuragiyeDorothee Says:
Cyane rwose pe kabebe yaratwemeje
@goodnewsmedia10 Says:
Clement ubona ko agwa neza Ari umugabo w ibikorwa byinshi n amagambo macye ashobora kuba anagira ubwoba bwo gukora amakosa mu kuvuga. Ubona ko yajunda kwibera mu kazi no mu ncuti ibindi ubona social media imugora
YOUTUBE COMMENTS