Those lyrics ngo Haje gushya..//gutaha// mannn .. look for a song writer ✍️. The problem is uba wafashe aka melody wahimbye/wumvishe and then ukajya muri beat zigezweho ngo nizo zitwika bigatuma melody and rhythm bikwibagiza ko styles Zina kuri pose ariko message ni forever. Haje gushya 😢what is that?! 3/10
@LaySeanBeastModeFxt Says:
Ken sol nimbuto ya bruce melod ark wagirango yarabyibagiwe😂😂
@BigBoyPofficial Says:
NLE CHOPPA
@Oruwintamedia Says:
Mellody ararenze mn
@DavidMugisha-oh3cq Says:
mpita nkora unsubscribe kuri channel yose kuko kuvuga nabi melodie uba wabyishe
@PatrickHAKIZIMANA-n2n Says:
Ese iyo uvuze ngo ibikorwa bya The Ben muba muvuga Ibihe? Ko ntamuntu ndumva akora Liste yabyo baasi?
@ndikumanaeric4652 Says:
Nubwo wakwitwara uko Amateka azahira yibuka itafari melody yashyize kubuzima bwawe iga gushima wandashima we
@ndikumanaeric4652 Says:
Indashima ingayi ubu iyo Bruce atagufata ikiganza ninde wari kukumenya ishyari niribi rigaragara mumaso yawe no mumivugire yawe yego mushobora kuba haricyo mwapfuye ariko washimye ko haricyo yakoze kumuziki wawe
@movassaPvo-m3i Says:
Sol ararenze niwe mu sani uvuze ukuri kuriyi sagga.
Wakigabo ngo ni Emmy najya nkwemera ark nasanze uko ibiganiro bya ma beef,kuko nkekako ihangana rya Bruce melody na the Ben ari woe ubyihishe inyuma, Emmy nari mfite ahantu wa gombaga nakuzaza ubamamariza ark wapi kuko ntabwo uri mwiza
Uko mwamwanga kose melody ni 001 bro kuko na corabo ziwe zonyine zibahe isomope ararenze mujye mwemera
@TWIZERIMANAEMMANUEL001 Says:
Tiger B arayoboye kbx. Iyo utemera ko umuntu akurenze Kandi Aribyo nawe ntushobora gukora ibirenze.
The Ben ararenze ntimukamugereranye na Bruce melody
One of kind_tiger B number one and king of national
@NiyotsabaGaracien Says:
Kenny sol urindashima
@paul2921-q9l Says:
Uyu emmy atumira abo azi neza ko badahuza na melody erega nawe emmy turakuzi kd twaragusobanukiwe neza wandyarayawe yanga melody gusaa uwimana yasize igikundiro ntacyo mwahindura melody ❤❤❤❤❤
YOUTUBE COMMENTS