wouah, senior Dr Arthur Arasobanura ibintu neza pee, abantu bagomba kumenya neza imikorere y'ibi bitaro bakava mu rujijo,kuko ndahamya ko ntahandi wabona service zisukuye nkizitangirwa muri ibi bitaro
@karangwaben870 Says:
Ku mugani w'uwasuye nange nari nziko nta mutuzo uhaba biba ar'imiguruko gusa? 😂
@karangwaben870 Says:
Ese mwatwereka n'Abaharwariye? Bakanatuganiriza nabo? Cg ntibyemewe?
Hari na pararize y' umubiri wose wose iterwa na GBS nayo barayivura
@DukuzeyezuEliane Says:
Ivuriro ryacu imbere cyane imyakura njye nahaboneye ubuzima service zaho ni nziza pe niryo vuriro nabonye rifite service nziza ni ubwa mbere nari ndwaye ariko I Ndera ni 🙏🙏🙏🙏
YOUTUBE COMMENTS