Ibiremo mu mihanda mishya si imitako || PAC yabajije abayobozi || Ibisobanuro bya Minisitiri
Ibiremo mu mihanda mishya si imitako || PAC yabajije abayobozi || Ibisobanuro bya Minisitiri
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@Sky-1506 Says:
Uyu aravangavanga indimi ntunasobanukirwe message akeneye gutanga Yakuriye Rwanda ari mutoya turamuzi nyuma yuko iwabo bava Birundi akurira Gikondo yiga Rwanda azi kinyarwanda neza kuko nicyo yize mo Primaire Nahite mo ururimi 1 aruvuge twumve apana gukorwa ni kimwaro cyu buswa bwe akavanga indimi zose acurikiranya Namwe mukabyemera kweri🤣
@Sky-1506 Says:
Ngaho namwe mundebera ingirwa Technician Muyobozi murimo kubaza ibyi mihanda y’igihugu kweri Uwo muzi uwariwe ?? Ubushobozi afite ku kibazo cy’imihanda y’igihugu koko murabona bijyanye ?? Yagakwiye kuva aho musaba ko asimbuzwa ku kazi nkako karemeye kamurenze
@Ijwiryikoraniro Says:
Birumvikana ko Ari ikibazo cya Ingénieurs qualifiés! Wakubaka umuhanda utabanje gukora "comptage" ngo umenye ubwoko bw'imodoka zihaca,n'izireganwa kuzawucamo? Hence Vehicle characteristics,Traffic, environmental impact, soil capacities etc.
@Evabrightfuture Says:
Njye narumiwe kabisa! Nkubu umuhanda Sonatube Akagera, ni ibiremo gusa kandi umuhanda nturamara nimyaka 5. Ko Straburg icyubaka imihanda ntabiremo twabonaga , aba bashinwa mukoresha nuko baba babahaye inkunga zikazana nibiremo cyangwa muba mwariye amafaranga bagakora ibintu bidakomeye?
@tuyishimeemmanuel8138 Says:
Ahubwo mutubarize ni gute umuhanda nyamasheke umuntu aza ngo agiye gukora rehabilitate agasenya umuhanda biga spending one month and more atarabisoza nahazima hakangirika into nibiki? abakora follow up baba bazi agaciro bizongera? every rwandan has responsible to handled my own is to share my opinions so thanks sir!!
@yizerevalensyv2503 Says:
Ese dukeneye indimi zivangavanze kugirango twumve cyangwa muba mutujijisha nho inyigo y'imvura mu myaka ijana kandi icyo wubaka kitazagira iyo myaka ngo noneho imyaka 1000 hhhhh

More News Videos