Kangondo igiye guhindurwa nshya: Sobanukirwa umushinga wo kuhubaka inzu 590 z'icyerekezo
Kangondo igiye guhindurwa nshya: Sobanukirwa umushinga wo kuhubaka inzu 590 z'icyerekezo
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@hitimanaaudace43 Says:
uyu mugabo nta kintu apfana na Donald Kaberuka. Bavuga kimwe n'ubwenge ni bumwe pe
@R.T-f1v Says:
That's why they say that "big money never come clean"
@kidamage176 Says:
Ariko mbega isura weeeee wagirango ni Bishingwe neza neza 😂😂😂😂😂
@NdahiriweJeanBosco Says:
Mwese kuki mutagiye kubaka izo nzu aho mubusanza ? Babayeho neza? 😂amarira yabo azabahame
@NdahiriweJeanBosco Says:
Genda muri ibisahiranda kuki se mutahaye ingurane ikwiye banyiraho? Ukarushya unavuga ubusa kuki mwubaka mumitungo yabakene?
@Rwigema1990. Says:
Kangondo hari ikuzimu.
@djfayahbaby Says:
8:49 ikibazo nuko mutabishyuye nahubundi ntamuntu wanz iterambere. 😂
@Louiseoffice Says:
Kumbeee eeyyy
@impanokenny4770 Says:
birababaje kuba muri abakire cyane ariko mukubaka mumaze kwiba imitungo ya kangondo no kubangaza. muzabyubaka ariko imitima yanyu izasigare idashima nkuko mwangaje abandi. muri babi rwose
@yassinuhuru6269 Says:
🤣🤣🤣🤣🤣 Nonese nabwo hakiri mumanegeka? abari bahatuye barikurara hanze.
@cheychey9345 Says:
Magnifique projets je vous félicite 👏👏 Dommage il n'y a pas une version Française pour les étrangers et la diaspora! pour les étrangers qui sont intéressés. Merci Comment s'appelle votre société. Merci 🙏
@musafirijeandedieu4317 Says:
Kandi abaturange barabivuzeko ariwowe ubimuye kangondo none inkuru ibaye impamo🙆
@felixbienvenue1348 Says:
Ese ntabwo abari bahatuye bari guhabwa amafaranga bakajya kwiyubakira ahandi , aho kugirango mujye kubatuza mu busanza nk'abanyeshuri . Umushinga wanyu ni mwiza kbs
@ohfs-healthpromotiontv8860 Says:
@ohfs-healthpromotiontv8860 Says:
Aya mazu nimeza cyaneee ❤❤
@KikollottoKing1 Says:
Amanegeka yahise yimukira mugishanga abererekera kangondo ..... 😂😂😂😂
@annygandin161 Says:
Umuntu se azibona gute?
@annygandin161 Says:
Natwe muduhe inzu.
@AryKan-ul2fn Says:
Na price ni nziza. Umushinga mwiza pe.
@AryKan-ul2fn Says:
Rwose aya mazu ni meza.
@MassadBoulos Says:
Muribivume nukuri ubwoxe ko mwahambuye banyiraho mutabishyuye ndetse munishe itegeko nshinga rya republic yu Rwanda 🇷🇼 ibaze kwambura umuntu icyangombwa cyubutaka ukamuha icyumba cyo kuraramo 😢😢 uhoraho Nyiribiremwa umunsi yabazaniye ubutabera muzicwa nagahinda incuro7 ziruta ako mwabateye ubwose iyo mwishyura banyirubutaka bakajya kubaka ahandi sibwo igihugu cyari kuba gitejwe imbere
@mozzeybest2646 Says:
Denis. Umugabo wumukozi, wumuhanga kdi wumunyakuri🎉🎉
@NsekambabayeIssa Says:
Savana❤
@KalisaWilliam Says:
Byiza cyane iyo quartier izaba Isa neza.Mzee Karera arabisobanura neza cyane.
@KalisaWilliam Says:
Byiza cyane iyo quartier izaba Isa neza.Mzee Karera arabisobanura neza cyane.
@Habinshuticloude-jz4pb Says:
Sinarinzi uyu mugabo ngo ni karera ubuse yaguze ikibanza kuri 30 million none azayigurisha 300 million
@Habinshuticloude-jz4pb Says:
Nubundi ntacyaramira arashaje guhemuka ntacyo bimubwiye rero azataha vuba
@UwishemaFulgence Says:
Ntasoni ubwo ufite bari bagusenyera ngo wumve
@GucamuZiko Says:
Nkeka ko mwashatse kubakira abazungu Les maisons de luxe, high standard Muzatubwire umubare w abanyarwanda bahaguze
@GucamuZiko Says:
Urakoze Denis Karera ❤❤❤ Abo baturage ba Bannyahe mwabakijije macinya n ubundi hali abo yahitanye N abana bahoraga barwaye impiswi. N ubundi bujagali muzabudukize Gitega, Kimicanga, Rwampala aho bita muri Ocam etc ni henshi.
@KarutaAnasitase Says:
Ariko mwahemukiye abo mwahiruka ye😅
@NewGenerattion Says:
N'iyo mwampa inzu y'ubuntu hano sinayifata, sinayibamo, kubera akarengane abari bahatuye bakorewe kugeza igihe bazahererwa ingurane ikwiye hakurikijwe amategeko ya expropriation
@m.pacifique730 Says:
Bwana muyobozi nge ndumushofeur ndasaba akazi nkajya ntunda umucanga namabuye
@higalevi4499 Says:
Ntabwo Batubwiye ibiciro
@evelynemugeni2369 Says:
Ma sha Allah ❤🥰🥰🥰
@HagumiyaremyeBosco Says:
Mugaragaze inyungu kubari bahatuye kuko namwe ninyungu mushaka
@king77973 Says:
uyu mushinga ni mwiza pe, ariko uburyo wateguwemo ndetse na politike yawubayemo yo kwaka abaturage ubutaka bwabo nta ngurane ihwanye nubutaka bwabo bahawe ahubwo bakabeshwa ko ari amanegeka sinzi hashyira ubuzima bwabo mukaga, ndibwira ko ibyo bikorwa bakorewe niyo twe twaba twarabyibagiwe Imana itabyibagiwe naho ibyo kuhita ko hari ukuzimu byari kuba byiza iyo muhahindura ijuru mukoresheje ukuri kw'ijuru nihitiraga ukuri guca muziko ntigushye!😢
@gervyirwanda4333 Says:
Nzahita nyigura rwose ahubwo nangahe kunzu like tropical
@uwishemalosine4252 Says:
Sha Imana izabahembere ibyo mwakoreye abaturage babannyahe😢
@uwishemalosine4252 Says:
Ubu nibwo mbonye ko muri ibisambo aha siho mwirukanye abantu ngo nimugishanga ngo na manegeka😢mukabangaza nta ningurane mubahaye none nibi mwahakoreye😢gusa namwe ntimuzapfa mubisige
@NiyonsabaEmmanuel-o9p Says:
Eeeee ahase nikangondo hhhhhh
@uwitonzeemile7678 Says:
Nibyo ni byiza ariko kuba mubikorera kumarira ya rubanda rugufi Imana namwe izabagerere mu gatebo kamwe nako mwagereyemo abari bene ubutaka ba gakondo.
@TheDesignSpectrum Says:
mwimuye abantu mubaha intica ntikize ndetse bamwe bagenda amara masa mubeshya ngo ni mu gishanga, naho mufite ibyo muteganya kwikorera????? ngibyo ibibera mu rwanda twese tukumirwa kbsa
@ooh399 Says:
Tuzazigura rwose Gusa mumfashe munsubize kuko nanditse murakoze
@ooh399 Says:
Nkumuntu uba hanze ariko afite campagne akorera mwabasha kumuha inzu akajya yishyura buri kwezi ?njye mba france
@ooh399 Says:
Ese ko mutatubwira ibiciro ngo munatwereke uburyo zimeze imbere
@ooh399 Says:
Ese ko mutatubwira ibiciro ngo munatwereke uburyo zimeze imbere
@ooh399 Says:
Njye ntuye France Ese birashoboka ko mwambaye Inzu nzajya nishyura buri kwezi

More News Videos