<<@jean6030 says : Uyu munyamateka rwose agira ishyaka ryinshi mu kwigisha abanyarwanda amateka. Ni byiza cyane. Ariko iyo ndebye comments mbona harimo abashobora kuba bakunganira . Bibaye byiza wajya ubatumira kugirango mwemeranye ku mateka yuzuye y'ukuri.>> <<@TITE_KAMANZI_OFFICIAL says : Guma Guma Guma Nsanzabera rwose!❤>> <<@MusengimanaAnnonciata-k3b says : Murasangabo yari umukonya utuye muri kinyaga cya Rubungo. Komine Rutunga ntiyabayeho ,urubambyingwe ntibashize icyo gihe,amateka ntiyuzuye hari ayo ba Data batubwiye atarimo.>> <<@EricChe-mr7rz says : ntabwo muru babyingwe harimo abatutsi gusa ahubwo harimo abantu bose bari mwishaka rya UNARI harimo abahutu benshi abatwa , na batutsi bangaga amacakubiri. barwanyanga parmehutu.>> <<@Mental-health-is-crucial says : Ndakwemera cyane>> <<@Mental-health-is-crucial says : Nkunda ukuntu utubwira amateks.>>
VideoPro
>>