<<@jean6030
says :
Uyu munyamateka rwose agira ishyaka ryinshi mu kwigisha abanyarwanda amateka. Ni byiza cyane. Ariko iyo ndebye comments mbona harimo abashobora kuba bakunganira . Bibaye byiza wajya ubatumira kugirango mwemeranye ku mateka yuzuye y'ukuri.
>>
<<@TITE_KAMANZI_OFFICIAL
says :
Guma Guma Guma Nsanzabera rwose!❤
>>
<<@MusengimanaAnnonciata-k3b
says :
Murasangabo yari umukonya utuye muri kinyaga cya Rubungo. Komine Rutunga ntiyabayeho ,urubambyingwe ntibashize icyo gihe,amateka ntiyuzuye hari ayo ba Data batubwiye atarimo.
>>
<<@EricChe-mr7rz
says :
ntabwo muru babyingwe harimo abatutsi gusa ahubwo harimo abantu bose bari mwishaka rya UNARI harimo abahutu benshi abatwa , na batutsi bangaga amacakubiri. barwanyanga parmehutu.
>>
<<@Mental-health-is-crucial
says :
Ndakwemera cyane
>>
<<@Mental-health-is-crucial
says :
Nkunda ukuntu utubwira amateks.
>>
NEXT VIDEO
>>