<<@JeanetteUwitonze-g6y says : Mariya mubyeyi mutagatifu dusabire kumana turakwingine>> <<@UzamukundaPasicasia says : Komeza ujye utwiyereka iteka mubyeyi ❤>> <<@MaguruYASARWAYA says : Umubyeyi Maria yaratsinze mu isi no mu ijuru ❤>> <<@nkurunzizagilbert849 says : Ariko se, ko nshimye ubu yagiye mu ijru kuki abazungu batagaragara mubuyobe nkubu koko?>> <<@NyiransabimanaPrisca-i6k says : Bikiramariya komeza udusabire.>> <<@byirijyiroNathan-l3h3y says : Ndi umu EPR ariko nange mabonye bikiramariya ndashima imana>> <<@AntoinetteUwarugira-m1g says : 𝚞𝚍𝚞𝚜𝚊𝚋𝚒𝚛𝚎 𝚋𝚒𝚔𝚒𝚛𝚊𝚖𝚊𝚛𝚒𝚢𝚊>> <<@twizerimanabriana6819 says : Njye itorero rifasha imfubyi abakene n'abapfakazi ndetse n'abababaye ikindi rikababwira kuva mu byaha bagatera ikirenge mu cya christo kugirango ubwo yesu azagaruka azasange nta mugayo ubariho bazibanire mu ijuru.iryo niryo torero nemera naho ibindi mwizera,ibyo mucamo,ibyo muziririza byose ntacyo bimbwiye igifite icyo kivuze ni icyo mbabwiye hejuru>> <<@janviernsabimana5174 says : Abanyafrica turi abana beza mukuyoboka kweri!!!! Urandebera abantu b,abagabo bahetse ibumba !!!!!!!!>> <<@NISHIMWEMarieAgnes says : Àrk Uwiteka weeeeee😭😭😭>> <<@Kerema-r6k says : Harakabaho umubyeyi wacu Bikira Mariya waduhekeye ku Ngoma ngobyi akadushyikiriza umukiza Yezu kristu.>> <<@chantal-m1p says : Bikiramariya w'i Kibeho, udusabire Magnificat>> <<@DevisNSy says : >> <<@AuxiShema says : Amamara wongere wamamare Mama wacu *BIKIRA MARIYA*>> <<@NyiribambeClementine says : Bikiramariya nzamukunda iteka ryose❤️🌹>> <<@HabarugiraAloys-x2f says : Mubyeyi bikiramariya turakwituye udusabire>> <<@uc8431 says : Ibinyoma byanyu bizashyira bigere ku iherezo.Muratubeshya,gusa Babuloni iri hafi kugwa, ibinyoma byayo bigafata ubusa>> <<@MukanoheriPassfic says : Amen❤❤❤❤>> <<@HIMBAZWADavid says : ❤🎉 IHORAHO IMANA y'ukuri Ni Nyirimbaraga Ni Nyiricyubahiro ntabwo Ikeneye urupfu niyo rwaba urw'isazi kugira ngo Ineshe satani Yiremeye Muvandimwe nkunda mfasha gusakaza ubu butumwa ku isi yose IMANA y'ukuri Izabiguhembera ku isi no mu ijuru God bless you 🙏❤🎉>> <<@IsengweDiane says : Mubye Bikiramariya nkweretse muru muna wanjye uzamuhe gutsinda Examination National>> <<@HenrietteRukundo says : Nyina wa jambo turakwemera wowe na YEZU murabagaciro kiritwe mudusabire,mutubabarire ,muturinde ibihe byose🙏>> <<@iradukundafabiola-fp1zi says : Maman Maria❤>> <<@UwanyirigiraPacifique-r7p says : Nukuri 🙏💕>> <<@GraceMukanyarigira says : Imana izi ubwenjye ndetse bwinshi twe abantu tudafite kuba yarabonye mwisi umuntu wayibyarir umwana ngo ase nabantu ariwe bikiramariya nibyigiciro kuruwo mubyeyi ndetse nkemezako mubagore bose yahawe umugisha kubaruta kd ntahantu yesu yigeze amusuzugura nahamwe. Rero aho ari ansabire yesu ankorere igitangaza nkicyo yakoreye ikana maze ubuzima bwanjye buryohe kuruta mbere Urumubyeyi wumwami wisi nijuru Mbese ni nyina w'Imana. Ndumva ntawavuzeko aruta Yezu ahubwo basaba Malia kugirango abavuganire ntakosa ririmo ababicumuriramo sinzi uko bateye ese mbabaze munsubize umuntu akubwiye ngo kubera ukuntu woe uzwi nsabira service uriya muntu kuko woe arakuzi byamera kimwe nkawe wijyanye nkiyagatera? Mubyeyi mwiza unsabire>> <<@paulinnsabibona465 says : Amen>> <<@UwimanaAngeliqwe says : Yewe byaribyizape>> <<@IrakizaRosine-p6c says : Niyamamare mama wacu>> <<@EmelyneRukundo-rw3jm says : Ukomeze kudusabira Muvyeyi mwiza Bikira Maria ndashimira ukuntu undindira umuryango ❤❤❤❤❤❤>> <<@NizeyiJovick says : Ndakwiyeretse mama Maria wanje>> <<@uwimanaagathe3516 says : Komeza udusabire mubyeyi Bikira Mariya twebwe urubyiruko rwa none udutoze gusubiza yego nkuko wasubije yego>> <<@MusengimanaJanviere-f4n says : Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane byatunye itanga umwana wayo wikinege kugirango Umwizera wese atarimbuka ahubwo ahabwe Ubugingo buhoraho (Yohana 3:16) Rero ibindi mucaho nkibyo bibumbano byibigirwamana muhora muramya muribeshya cyane😔 muzatungurwa Ubwo Yesu azagaruka kd muraburirwa ariko ntimwumva muve muri Babuloni>> <<@cyizaplacide7970 says : Nakabikunze ariko iyo shusho baterura bamurik nooo>> <<@benihirwejulienne7883 says : Igitangaza se kirihe koko?>> <<@benihirwejulienne7883 says : Aka nakumiro!!!!>> <<@murekatetebella9503 says : Ese Mariya na Bikiramariya ni umuntu umwe?>> <<@UwinezaFrançoisXavier says : Yezu>> <<@JeanneNtakirutimana-m5b says : Maria yanjyanwe mw'ijuru Alleluia>> <<@UsengaClarisse says : Mubyeyi Bikiramariya nkweretse umwana wanjye ukomeze umurinde>> <<@MuhorakeyeAimemarie says : Komeza udusabire Mubyeyi.>> <<@Chatics says : Ibyakozwe n’Intumwa 4:12 Ntarindi zina twahawe dukwiriye gukirizwamo uretse Yezu Kristu. Kwiyambaza Bikira Mariya ni ugutesha agaciro ugucungurwa kwa mwene Muntu. Ni ugusuzugura urupfu rubabaje Kristu yapfiriye kumusaraba ngo abazamwizera bose bazabone ubugingo buhoraho.>> <<@YankurijeJosephine-x6u says : Arko ejo Bikiramariya yatwimye imvura ni ubwa mbere mbibonye>> <<@kmundendy660 says : Hariho UMUHUZA (w’Imana y’ukuri n’abantu) umwe rukumbi ari we Yezu soma muti Bible Yawe (1Timoteyo 2: 5) Akaba ariwe WENYINE watanzwe mu isi ibiremwamuntu biboneramo AGAKIZA. Soma mu byakozwe n’Intumwa igice cya kane ukurongo wa 12. ( Ibyakozwe 4: 12). Ntahantu na hamwe muri Bible Hagaragaza Ko bikiramariya dukwiriye kumusaba Ko aduhuza n’Imana nzima adusabira bagenzi . Ikindi Kandi ntahantu Yezu Yigeze avuga Ko abigishwa be nyabo bazamenyekanira Ko habaye ibitangaza. Nyamara yavuze Ko bazamenyekanira ku Rukundo nk’uko bigaragara muri Bible ivangiri ya Yohana igice 13 Umurongo wa 34 na 35 ( Yohana 13: 34-35)>> <<@abajenezasolange6811 says : Mubyeyi Wi IMANA nu uwacu Udusabire tumenye ukuri Amen Amen Amen 🙏.>> <<@kmundendy660 says : Erega ubwami bwa Sekibi hamwe n’abamarayika bigometse ku mana bukorera aha ku isi nabwo ni ubuhanga. Buyobewe se ubiherutse kubera kuri Stade bisingiza Imana y’ukuri hamwe na Yezu mu buryo bemera??. Satani yabonye mubo ayobya batangiye kubona umucyo ahita akora ibitangaza bye byo kuzibiranya Ugusenga Yezu hamwe na se bemera!!! Nyamara ni ikibazo!!>> <<@kmundendy660 says : Mbabazwa n’abavandimwe na bashiki bacu baza guhurira aha n’ibitangaza by’abatekamutwe b’ibyihebe by’abamarayika birukanywe mu i juru. Iyo wize bible neza ukayisobanukirwa ntakindi bongera kukubeshya ! Ni agahinda rwose>> <<@iradukundaValens-mr4nw says : Amen kibeho aman>> <<@JoshuaAbijuru says : Ibi byose muvuga Imana ibigabira ababi n'abeza kandi MU BYU KURI IBI NI IBY'ISI ARIKO SI AGAKIZA NYAKURI KUKO IBI BYOSE WABIBONA ARIKO UKARIMBUKA SO RERO MWIZERE YESU KRISTO KUKO MARIYA NTIYAHAWE UBUBASHA BWO GUKIZA ABANTU IBYAHA YEWE HABE N'INDWARA>> <<@johnabrahamntakirutimana2496 says : Ubuyobe bukomeye Kandi ni bwigomeke ku IMANA nibwo bwuzuye muri uyu muhango. YESU CHRISTO niwe imana yashyiriye ho abanyabyaha ngo bamwizere ba babarirwe… babone ubugingo buhoro ho. Naho Ibi byo kwirirwa bikoreye igishushanyo nikibumbamo cg mariya…… ni ubuyobe bukomeye…. Kandi amaherezo yabo Nukurimbuka ITEKA RYOSE. Muhindukire muve muribyo Mwizerwa YESU Gusa. Yohana 16:4-7 luka 1: 77>> <<@felicienhanganimana4155 says : Yezu kristu not kristo>> <<@munyambibidaniel9096 says : Muba mutubeshya>>
VideoPro
>>