<<@MusabyeyesuImmaculee
says :
Urashoboye! Turakwizeye mu guteza uRwanda rwacu imbere . Courrage mwana wacu!
>>
<<@patrickmasabo7181
says :
Olivier njye ndamuzi neza cyane twariganye muri Ecole des science yabaga uwambere buri gihe, twese yaratwanikiraga kakahava! Courage kbsa komeza uduhagararire neza turagushyigikiye!!
>>
<<@kezaisimbi717
says :
Murakoze cyane ariko se wa munyamakuru we kuki utamubajije ngo atubwire muri macye uko izo ndwara z ubwonko zirindwa .....nibaza ko aribyo byari kudufasha cyane kurusha ibindi byose peee. Ubwo bukanguranbaga yakomeje kuvuga nta kintu na kimwe wamubajijehooo c est dommage wagirango mwahuye utiteguyeee neza
>>
<<@johngaetannyurahayo3111
says :
Ubwonko ni kimwe mu bice by'umubiri w'umuntu cyabashijwe kukorwaho ubushakashatsi kugeza magingo aya. Nishimiye kumvako winjiye mu bushakashatsi bwabwo. Courage courage comrade @Olivier. We are so proud of you and what you do. Congratulations 👏
>>
<<@InezaJolie-w9k
says :
Big achievement doctor😍happy for you❤️
>>
<<@IrakozeBeaute
says :
Courage
>>
<<@sereinenziza
says :
ni byiza cyane
>>
<<@berryzaphros1607
says :
Ahubwo aguhereho aguhe inama kuko ukeneye service zitangwa na Oli HMO. Urarwaye pee!!. Dr Olivier turamuzi benshi muri twe, twariganye . Icecekere
>>
<<@berryzaphros1607
says :
Wooow Dr Olivier usobanuye neza rwose natwe abarari muri sector y' ubuzima turumvise. Komeza ufashe Isi yose
>>
<<@ndikuryayochristian3753
says :
Turashimira cyane Dr UWISHEMA Olivier, ibintu ubisobanura neza cyane hari experience yabo mwafashije bagize icyo bigezaho, nibyo koko Epilepsy mu kunyarwanda ni Igicuri, mukomeze mutere imbere kandi ubushakatsi bukomeze butere imbere kuko bituma ibisubizo biboneka bigafasha abantu mugufata imyanzuro ikwiye
>>
<<@VincentNKURIZA
says :
Dr Olivier UWISHEMA urimo neza cyane komereza aho, ubushakashatsi ningenzi cyane mukubona umuti cyangwa ibisubizo byibibazo byugarije iyisi dutuyeho.
>>
<<@NIYONSENGAEric-d4c
says :
Komeza ujye utugira inama kugirango turambe tunasobanukirwe byishi kubuzima byacu.
>>
<<@HenrietteUWASE-o3u
says :
Wao ! Very interesting 🎉
>>
<<@theodoreharerimana6046
says :
kuddos @Uwishema for great work you are doing not only for Rwanda but for Africa and whole world. ubushakashatsi surtout muri Africa kuri neuroscience bwari mufite icyuho gikomeye cyane iya africa yarifite abandi nkawe 100 , the future could be more brighter!
>>
<<@ishimweregis6303
says :
With deep respect and gratitude, I want to extend my heartfelt appreciation to Dr.Olivier Uwishema for the incredible work you are doing to empower African citizens, especially Rwandan youth and medical students. Your dedication to advancing research and creating platforms like Oli Health Magazine Africa is making a significant impact across the continent. Your leadership and commitment to improving healthcare and education inspire many, and your contributions are shaping the future of medicine in Africa. Thank you for being a driving force for positive change and for your unwavering dedication to empowering the next generation of healthcare professionals. Keep raising Rwandan🇷🇼 flag to another heights, Mwana w'URwanda👏👏
>>
<<@iremurkmez2968
says :
I'm proud of you.🎉 I'm sure we'll watch many more interviews in the future
>>
<<@sammydelightsamg
says :
That's amazing to see someone who's brilliant like this guy you deserve much more , Rwanda needs more Dr like you in this process of sustainable development
>>
<<@DianeUSANASE
says :
Wawooo courage Doctor Uwishema Olivier❤ ibyo ukora nibyiza cyane komerezaho 🙏🙏
>>
<<@honorineuwasekuru3383
says :
Courage cyane rwose 🙏 komeza kutwigisha uko twakirinda irwara zifata ubwonko👌 urumuhanga cyane 👏 kdi courage turagushyigikiye🙏 Imana ijye ikwagurira intambwe🙏🙏
>>
<<@theodetteuwamahoro3454
says :
✅✅✅✅✅
>>
<<@theodetteuwamahoro3454
says :
How proud we are ! Go higher rata
>>
<<@bigshaq1177
says :
Mube maso, don't be fooled by this guy. Nta research yiyandikira, byose arishyura bakamwandikira. Wumvishe witonze n'uburyo asobanura ubushakashatsi bwe, wumvako afitemo gutegwa-tegwa cyane. He ain't even convincing at all, nta novelity irimo. People may call me a hater, but this guy has never sit down and conduct a proper research of his own. Mugende murebe muri Education background yiwe, mubaze track record ya graduations ziwe. Ku rundi ruhande he is sharp and has some clever mind yo kugera kucyo ashaka, ariko bene aba nibo bavamo ba Minister Munyakazi🤦
>>
NEXT VIDEO
>>