<<@jeicitv-d9r
says :
MU GIHE CYO GUKORA #IMIBONANO #MPUZABITSINA #AMAVANGINGO AVA HE? Mu #mibonano #mpuzabitsina #umugore #unyara ni ingenzi cyane,kuko umugore utanyara yandura kandi akanduza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina mu buryo bworoshye. Usibye no kuba kunyara bituma imibonano mpuzabitsina iryoha kurushaho kandi ikagenda neza,ni n’uburyo bwo kwirinda gukomeretsanya ku mpande zombi mu gihe cyo gutera akabariro. Hari ibimenyetso ushobora kurebesha amaso ku mukobwa ukamenya ko afite amazi (kunyara)mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Mu bihugu binyuranye cyane cyane muri Afurika,hakunze kumvikana umuco witwa kunyaza(Rwanda), (Uganda),n’ahandi. Ibi ni mugihe cy’imibonano mpuzabitsina aho bigera umugabo ntiyinjize igitsina mu cy’umugore ahubwo akakizunguza mu mwinjiriro nuko umugore akarekura uruzi rushyushye rwitwa amazi,amavangingo cyangwa amanyare.Icyo gikorwa kikitwa kunyaza. Bamwe bavuga ko ari inkari zisanzwe ziba zije, abandi bakavuga ko ari amatembabuzi yihariye adafite aho ahuriye n’inkari. Abavuga ko ari amatembabuzi atandukanye n’inkari zisanzwe,nibo bari mu kuri kuko mu gihe inkari zigira ibara ryegera umuhondo n’impumuro yihariye,amavangingo yo asa n’amazi kandi impumuro yayo irihariye kuko ntaho ihuriye n’iy’inkari zisanzwe; Ikindi ni uko mu gihe inkari zisiga ikizinga kihariye aho zaguye amavangingo yo iyo amaze kuma ntiwanamenya ko hari ikintu cyahaguye kereka iyo hari undi mwanda wakwivanga nayo,ndetse no kumva umwuka wayo. Aho amavangingo aturuka Ku bagore hari ibice bikikije umuvaruhago biri munsi y’uruhago,biteye neza neza nka porositate ku bagabo. Icyo gice cyitwa imvubura ya Skene (Skene’s gland)cyangwa porositate ngore. Iyi mvubura ubushakashatsi bwagaragaje ko ariyo soko iturukamo ya mavangingo mu gihe umugore yaryohewe n’imibonano mpuzabitsina kandi umugabo akamufasha gutuma ayo mavangingo asohoka. Ese abagore bose baranyara? Kuba abagore bose bagira acyo gice cyitwa imvubura ya Skene (Skene’s gland),bivuze ko abagore bose banyara ahubwo itandukaniro rikaba ku ngano y’amavangingo basohora,igihe bisaba ngo aze ndetse n’uburyo bukoreshwa ngo aze. Ubusanzwe umutsi uturuka kuri rugongo ukanyura munsi y’uruhago niwo ufasha mu kuzana aya mavangingo dore ko ari nawo ugera ahazwi nka point G(G-spot). Aha habiri niho h’ingenzi mu gutuma ayo mavangingo asohoka. Kubera ko imvubura ya Skene isohokera neza hamwe n’umuvaruhago, niyo mpamvu byitwa kunyara. Ese ububobere buhurirahe no kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina? Nubwo igihe umugore agize ubushake bwo gukora imibonano mu gitsina cye hazamo ububobere butuma igitsina cy’umugabo kibasha kwinjira bitagoranye ndetse n’umugore ntababare mu gihe cy’imibonano kandi ntanakomereke, amavangingo ntaho ahuriye nayo matembabuzi agize ububobere kuko yo asohokera hamwe n’ahanyura inkari. Niyo mpamvu kuri bamwe ushobora gusanga hivanzemo n’udukari iyo upimye ayo mavangingo. Ku kigero kiri hagati y’abagore icumi na mirongo itanu Ku ijana, bazana amavangingo menshi mu gihe cyo kurangiza. Mu gihe abagore bari hagati ya mirongo itanu na mirongo icyenda, bayazana igihe cyose baryohewe,kandi agakomeza kuza mugihe cyose umugabo akojeje igitsina cye ahatuma aza (kunyaza). Ese waba uzi ibigize aya mavangingo,impumuro n’ibara? Nkuko hejuru twabivuze amavangingo nta mpumuro agira,nta cyanga nta n’ibara. Gusa kuri bamwe hari igihe aza afite ibara ry’umweru w’amata iyo agitangira kuza nuko nyuma yaba menshi rya bara rikagenda.Amavangingo akaba agizwe na PSA (prostate-specific antigen) na PAP (prostatic acid phosphatase). Ibi binyabutabire ushobora no kubisanga mu nkari,ariko ku gipimo cyo hasi cyane. Uretse ibi dusangamo ku gipimo cyo hejuru tunasangamo kandi: Urea,ariko ku gipimo cyo hasi ugereranyije n’iba mu nkari,Ibinyabutabire bimeze nk’ibiba mu masohoro y’abagabo,Isukari (glucose)ku gipimo cyo hasi cyane,na Zinc. Ese waba uzi ko umugore unyazwa kenshi bimurinda indwara? Ibizami binyuranye byagiye bikorerwa ku mavangingo byerekanye ko harimo uturemangingo twica mikorobe.Niyo mpamvu hemezwa ko umugore unyazwa kenshi bimurinda indwara y’ubwandu bw’umuyoboro w’inkari (UTI). Tukaba twakwibwirira abagore ko bagakwiye kwirekura,mu mutwe no mu mubiri,ubundi mugakunda mukanyarira abagabo banyu,mukabuhagira bagatota dore ko abenshi banabikunda cyane,gusa namwe mubyungukiramo. Gusa birasaba ko ubanza gutegura aho ugomba kubikorera,kugirango utanduza uburiri,cyangwa nawe ukaza kwifata kubera impungenge zo gutosa uburiri. Ku bafite ibibazo byo kubura Aya mavangingo bigaragara ko afite uruhare runini mu kuryoshya imibonano ndetse no gutuma umugore uyasohora agira ubuzima bwiza mwakwifasha Muganga uguha inyunganiramirire zituma imvubura ziyakora zifunguka nayo akaboneraho kuza mu gihe cyo gukora imibonano. Numero ya Muganga ni +250783250599(Whatsapp no guhamagara) N'abafite ikibazo cyuko bacikanwe no guca Imyeyo muhabwa service mumwegere abafashe!! Injira kuri group ya Whatsapp izajya igufasha kumenya amakuru menshi atandukanye ku buzima 👇👇👇👇👇 https://chat.whatsapp.com/IOkXrbdRw3k4IJ4speprhI
>>
<<@Johnpwest
says :
❤❤❤
>>
<<@GanzaLevin
says :
Inspiration to all of us @cochgaele
>>
<<@ManuDibango-n4c
says :
Let haters continue talking and keep working
>>
<<@NgogaGilbert-fe1sy
says :
Yarakoze cne
>>
<<@jojouwi3159
says :
Much respect . Imana Ibakomeze ibongerere mutezigihugu imbere .🎉🎉
>>
<<@NdayambajeJacques-pn4mj
says :
Keys of development are expanding infrastructure
>>
<<@Nkundimana-o4m
says :
Cyakoze gael ndamukunda
>>
<<@Umuhungu_wa_Nyagasani
says :
Big up brother Gael ❤
>>
<<@gacuobserver1640
says :
Azadushyiriremo na WRC ubundi abakunda ba Ogier ba Rovampela tuze twigaragaze....na ka KONAMI bien sur!!!
>>
<<@jeandedieu-g6x
says :
Uwo mugab,afit,ibitekerezo byiza ariko Bruce Mélodie azareke kujy,aririmb,iby,ubusambanyi.Mbona na Let,ibirebeera gus,ariko nibibi cyane kubana bato no kumuco w,uRwanda.Nk,umuntu w,umubyey, akaririmba ngo"Nifate selfi ndi mumaguru yawe cg ngo ubury,ugishakamo nibwo ngitangamo" Ntimugir,ison, iyo muri mubana banyu muririmb,ibyo? Leta yo se yumv,umuc,ar,iki?
>>
<<@kiz250
says :
Mwibaze dufite ba Gael 10 mu gihugu
>>
<<@Agrimiketv
says :
Gael kbs my inspiration
>>
<<@shemaronald1875
says :
Coach Gael is a visionary like Sina Gerald 🫡
>>
<<@GeniusRwanda
says :
Very genius 💯🤝
>>
<<@zahhstarboymk5427
says :
🇷🇼🇷🇼🥰🙏🏾🙏🏾🙏🏾
>>
<<@ishimwedavid2536
says :
This man ararenze mn
>>
<<@nkusiphoto
says :
Very Smart ❤
>>
<<@Wakeupuniversty
says :
https://youtu.be/5XHJjdA-ReE?si=4t5YR8qdjV8Tty0n
>>
<<@kanaer2437
says :
Izi nizo nzozi narimfite pe. Thanks coach Gael zino facilities zirakenewe pe. Bless up.
>>
<<@yanganandeemmanuel7171
says :
Umukire wanyawe kbs
>>
<<@Mugishafrank1
says :
Urumukire bakureke papa!🤝👍ndemeye
>>
<<@luizfigo1133
says :
Waw❤Bravoooo gael
>>
<<@Slime-s5p
says :
Good kabisa ❤️🫶🏾🫶🏾🇷🇼🔥🔥🔥
>>
<<@jeanluckagabo6169
says :
Flyover, n' idea nziza cyane. ariko cost to benefit analysis yayo !!!!
>>
<<@Iranzifabrice24
says :
Uyu mugabo ikinyarwanda avuga ko umenga si kavukire ; buriya ni umunyarwanda Koko cank ni umurundi?
>>
<<@Rwandanziza101
says :
This gentleman inspires me in every aspect of life
>>
<<@emmanuelndacyayisenga5757
says :
keep it up
>>
<<@emmanuelndacyayisenga5757
says :
hejuru cyane
>>
<<@KANYARWANDAJeanPierre-h3s
says :
He's Good trader we need investor like him
>>
<<@bikorasysteme8852
says :
No muri simba center birahari
>>
<<@kagabopaul3126
says :
Ariko Interior design improve it Ibyo byansi biri kunkuta c'mon you been in many developed country no such thing like that But great work
>>
<<@IsimbiDjibril
says :
Cyaze coach thanks, GOD Bless your job ♥️🇷🇼
>>
<<@Youngreefa
says :
This is next level!!! We need more investors like Coach Gael and see how we change our country for good. Hats off for this 👑👐🫡
>>
NEXT VIDEO
>>